Yanze kubura byose nk’ingata imennye: Umukinnyi wafashije APR FC gutwara igikombe cya shampiyona nyuma akagirwa zeru n’umutoza Thierry Froger yagaragaye yifunze gihanzi wagira ngo agiye kuyoboka inzira y’umuziki -AMAFOTO

by moses
0 comment

Yanze kubura byose nk’ingata imennye: Umukinnyi wafashije APR FC gutwara igikombe cya shampiyona nyuma akagirwa zeru n’umutoza Thierry Froger yagaragaye yifunze gihanzi wagira ngo agiye kuyoboka inzira y’umuziki.


Umunyezamu w’umuhanga cyane ukuri muto mu myaka Ishimwe Pierre Mario benshi bakunze kwita Tiger nyuma y’uko bikomeje kugaragara ko umutoza mushya wa APR FC atariguha agaciro uyu musore wafashije cyane ikipe y’Ingabo z’Igihugu kwegukana igikombe cya shampiyona yagaragaye yifunze gihanzi.

Ishimwe Pierre yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yasangije abakunzi be amafoto meza cyane agaragaza uko abayambaye iyo atari mu kibuga.

Amafoto:

banner

Source:Yegob

You may also like

Leave a Comment