“Njewe ndakubwiye ngo ndi mwene Muhuruturu wa muruna wa Se ico sico?”: Umwana bicyekwako yaba avukana na Nsabi yavuze ibintu bisekeje cyane bisanzwe bizwi kuri Rumaga maze abantu baratembagara batangira kuvugishwa kubera uburyo yabivugagamo.
Mu mashusho yacaracaye ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye yagaragaje umwana muto utera urwenya ari kuvuga ibisekuruza bye gusa uburyo yabivugagamo byatumye abarimo Anita Pendo babishyira ku mbuga nkoranyambaga zabo maze abantu batandukanye batangira guseka bitewe n’amagambo uyu mwana yavugaga.
Amashusho:
Bimwe mu bintu abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona aya mashusho y’uyu mwana:
Source:Yegob