Nawe ibi byaguhindura: Tom Close yongeye gutuma abari baritakarije icyizere basubirana imbaraga kubera ibyo yatangaje bigakora ku mutima ya benshi 

by moses
0 comment

Nawe ibi byaguhindura: Tom Close yongeye gutuma abari baritakarije icyizere basubirana imbaraga kubera ibyo yatangaje bigakora ku mutima ya benshi.


Umuhanzi ukomeye cyane hano mu Rwanda ndetse akaba n’umuyobozi w’ikigo gishinzwe gutanga amaraso mu Rwanda yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yatangaje amagambo akubiyemo ubutumwa bushobora guhindura ubuzima bwa benshi.

Tom Close yagize ati :”Iyo umuryango wafunguwe n’Imana nta mbaraga zawukinga. Ntugatakaze intumbero mu byo ukora, igihe nikigera ibihembo bizaza, kandi nibiza ntawe uzabihagarika”.

Bimwe mu bintu abantu bagiye batangaza nyuma yo gusoma aya magambo yanditswe na Muyombo Thomas wamamaye cyane ku izina rya Tom Close:

banner

Source:Yegob

You may also like

Leave a Comment