Mu ijwi ryuzuye ikiniga: Fifi Raya yatangaje imbogamizi abahanzikazi bahura nazo harimo no kwakwa ruswa y’ibintu bihanirwa n’amategeko

by moses
0 comment

Mu ijwi ryuzuye ikiniga: Umuraperikazi Fifi Raya yatangaje imbogamizi zikomeye abahanzikazi bahura nazo harimo no kwakwa ruswa y’ibintu bihanirwa n’amategeko.


Fifi Raya yatangaje ko abahanzikazi bahura n’imbogamizi nyinshi zitandukanye harimo no kwakwa ruswa y’igitsina n’abantu bagakwiriye kubafasha bababeshya ko bagiye kubagezaho batakigeza.

Uyu muraperikazi uri kuzamuka neza muri iyi njyana yanasabye abantu guha agaciro ibyo bakora ngo dore ko rimwe na rimwe bashobora amafaranga ariko batazi ko ejo bazabona icyo kurya ibi akaba yabitangaje ubwo yaganiraga na InyaRwanda.

Source:Yegob

banner

You may also like

Leave a Comment