
Umukinnyi w’umuhanga cyane ukomoka mugihugu cy’ubutariyani wakiniraga ikipe ya PSG mugihugu cy’ubufaransa akaba yamaze kwerekeza mugihugu cya Arabie Saoudite mu ikipe ya Al -Hllal.
Yitwa Marco Verratti wakiniraga ikipe ya PSG mukibuga hagati asa nuwugarira ariko harigihe yakinishwaga asa nusatira izamu.
Uyu mukinnyi agiye nyuma yaho ikipe ya PSG imubwiyeko itamufite mumishinga yayo.
Source:Yegob