
Umwarimu yatewe icyuma mu jisho n’umunyeshuri yigishaga,ntiyarekera aho anagitera abandi banyeshuri babiri bo ku ishuri ryo muri Esipanye..
Bivugwa ko uyu mwana w’imyaka 14 yakuye icyuma kinini mu gikapu cye maze atangira “gutera icyuma abantu bose bari hafi ye” ubwo amasomo yatangiraga.
Iyi ngimbi yahise igerageza gufata bugwate abo bigana kuko abandi barimu Inzego zishinzwe ubutabazi zihutiye kujya aho abakomeretse bari mu gihe ababyeyi benshi bategereje amakuru bari hanze y’irembo.
Igitero cyabereye mu kigo cya Elena García Armada mu majyepfo ya Esipanye, mu mujyi wa Jerez.bashakagaga kumufata.
Source:Yegob