Byose biva mu gusenga! Bushali yavuze ibanga akoresha kugira ngo yitware neza kuri buri rubyiniro agiye gutaramiraho

by moses
0 comment

Umuhanzi Bushali uherutse gususurutsa abanya-Musanze mu gitaramo cya ‘MTN Iwacu Muzika Festival’ yahishuye ko hari isengesho akunze gusenga buri gihe mbere yo kujya ku rubyiniro, yemeza ko ariryo rimufasha kwitwara neza.


Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru nyuma y’icyo gitaramo, Bushali yavuze ko isengesho asenga ariryo rimufasha ku rubyiniro.

Yagize ati “Isengesho ryanjye mbere yo kujya ku rubyiniro rihora risa, mfasha nk’uko wamfashije nkabikora ukampa impano, mfasha impano yanjye ikomeze yaguke, ibyo ngiye gukora hano mbikore kandi bishimishe umuntu wese ugiye kubibona kandi nanjye binshimishe.”

Source:Yegob

banner

You may also like

Leave a Comment