The Ben ari kumwe n’umugore we, Uwicyeza Pamela ndetse n’umuhanzikazi Babo bahagurutse i Kigali kuri uyu wa 27 Nzeri 2023 berekeza i Bujumbura aho bitabiriye ibitaramo uyu muhanzi afite i Burundi.
Ndetse kandi ntabwo bibagiye ubacungira umutekano kuko bagiye hari umugabo wakoze umubiri uzajya ubacungira umutekano.
Byitezwe ko The Ben azasusurutsa abarundi tariki 30 Nzeri 2023 ndetse na tariki 1 Ukwakira 2023 i Bujumbura.
Source:Yegob