Bagiye barinzwe! Mu modoka yabo ya Range Rover, The Ben n’umugore we Miss Uwicyeza Pamela berekeje i Bujumbura – AMAFOTO

by moses
0 comment

The Ben ari kumwe n’umugore we, Uwicyeza Pamela ndetse n’umuhanzikazi Babo bahagurutse i Kigali kuri uyu wa 27 Nzeri 2023 berekeza i Bujumbura aho bitabiriye ibitaramo uyu muhanzi afite i Burundi.


Ndetse kandi ntabwo bibagiye ubacungira umutekano kuko bagiye hari umugabo wakoze umubiri uzajya ubacungira umutekano.

Byitezwe ko The Ben azasusurutsa abarundi tariki 30 Nzeri 2023 ndetse na tariki 1 Ukwakira 2023 i Bujumbura.


banner

Source:Yegob

You may also like

Leave a Comment