Amafoto; Agahinda ku maso ya Mugisha Benjamin [The Ben] asezera bwa nyuma ku mubyeyi we, anavuga ibihe bitari byiza yahuye nabyo mu minsi yanyuma

by moses
0 comment

Agahinda ku munyamuziki Mugisha Benjamin [The Ben] asezera bwa nyuma ku mubyeyi we.


Mu ijambo rye, The Ben yagarutse ku mubano we n’umubyeyi we. Avuga ko yari umubyeyi mwiza n’ubwo mu minsi ya nyuma ye yageragejwe.

Ati “Yari umubyeyi mwiza n’uko mu minsi ya nyuma Satani yamugerageje n’abanyamakuru baramugerageza.”

Yakomeje Ati “Yagize ibihe bikomeye cyane abura ababyeyi be bose akora ibintu bitari byo ariko muri byose ntago wagereranya guca bugufi kwe.”

banner

Source:Yegob

You may also like

Leave a Comment